Cyamunara y’imitungo ya Nelson Mandela yasubitswe

Ubwanditsi
Yanditswe na Ubwanditsi

Cyamunara y’ibintu 70 byari ibya Nelson Mandela yagombaga kubera i New York muri Gashyantare yasubitswe nk’uko byatangajwe n’inzu igurisha mu cyamunara iri Guernsey kuri uyu wa Kabiri.

Mu byagombaga gutezwa cyamunara harimo indangamuntu ya Mandela ndetse n’ibyo yifashishije mu manza ubwo yari afunzwe. Harimo kandi impano yahawe na Barack Obama na Bill Clinton.

Guverinoma ya Afurika y’Epfo ivuga ko iyo mitungo ari iy’igihugu bityo ko umukobwa wa Mandela atemerewe kuyigurisha.

 

 

 

Isangize abandi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Iteganyagihe

loader-image
Kigali, RW
8:38 pm, Apr 19, 2024
temperature icon 23°C
scattered clouds
Humidity 73 %
Pressure 1019 mb
Wind 3 mph
Wind Gust Wind Gust: 0 mph
Clouds Clouds: 40%
Visibility Visibility: 0 km
Sunrise Sunrise: 5:56 am
Sunset Sunset: 6:00 pm

Inkuru Zikunzwe